@mrfarfan: #fyp #foryou #foryoupage #trending #viral #boxing #knockout #gervontadavis

Farfan
Farfan
Open In TikTok:
Region: GB
Sunday 06 August 2023 18:46:55 GMT
32125
586
6
211

Music

Download

Comments

nozi.makhathini
Nozi Makhathini :
if Davis thought Santa Cruz was gonna fold 😆😅😆😅
2024-08-02 21:17:49
10
mrbungle21
Mr. Bungle :
He folded and why wouldn't he.
2023-08-07 03:24:36
2
To see more videos from user @mrfarfan, please go to the Tikwm homepage.

Other Videos

🚨 𝐎𝐅𝐅𝐈𝐂𝐈𝐀𝐋! Amakuru ahari kandi yizewe aravuga ko IShowSpeed kuri ubu ari kubarizwa mukarere ka Musanze aho yabanje kujya gusura ingagi mubirunga, mbere gato yuko agaruka Kigali guhura n’urubyiruko mumasaha make arimbere.🇷🇼🤩 Mbibutsa ko mumasaha yatambutse perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko IShowSpeed wamamaye ku mbuga nkoranyambaga azasusurutsa abazitabira umukino wa Rayon Sports WFC na Indahangarwa WFC. Yatangarije mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 9 Mutarama 2026, cyibanda ku mikino ya FERWAFA Super Cup iteganyijwe kubera kuri Stade Amahoro, ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama. Shema Fabrice yavuze ko uyu musore ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite urugendo i Kigali, mu bikorwa biteganyijwe azakora harimo no kwitabira uyu mukino. Ati “IShowSpeed azadususurutsa, cyane cyane ko nubwo akunda umupira w’amaguru ariko harimo no guha agaciro umupira w’amaguru w’abakobwa. Ni igikorwa cyiza twashimira ababitegura barimo RDB [Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere] na Minisiteri ya Siporo.” “Mu karuhuko k’igice cya mbere afite ibyo azakora ndabibahishiye, abazaza kuri Stade Amahoro ejo bazabibona.” Nyuma y’umukino wa Rayon Sports WFC na Indahangarwa WFC, hazakurikiraho umukino w’umunsi uzahuza Rayon Sports na APR FC na zo zihanganiye Igikombe cya FERWAFA Super Cup mu bagabo. Ku wa 21 Ukuboza 2025, uyu musore w’imyaka 20 wamamaye cyane kuri YouTube na Twitch, ni bwo yatangije gahunda yise “Speed Does Africa Tour”, aho akora ‘livestreams’ ari mu bihugu bitandukanye byo kuri uyu mugabane mu minsi 28. Aho yageze hose yakururaga imbaga y’abafana, akabasangiza ubunararibonye bwe bushya kuri uyu mugabane, cyane cyane siporo zitandukanye. Ads: 🔴Ukeneye website, app cyangwa system ya business yae, ntahandi babigukorera neza kandi hizewe Atari muri CDY AGENCY,  CDY Agency @cdy_agency_ baguha: a) Mentenance yumwaka kubuntu. b)ndetse na domain na hosting kubuntu mugihe cyumwaka. ⚠️Muri make ushaka ko business yae ikura online andikira CDY AGENCY kuri IG cyangwa ubavugishe kurizi numero: 📞0790147808/0729119833. ©MideliRwanda
🚨 𝐎𝐅𝐅𝐈𝐂𝐈𝐀𝐋! Amakuru ahari kandi yizewe aravuga ko IShowSpeed kuri ubu ari kubarizwa mukarere ka Musanze aho yabanje kujya gusura ingagi mubirunga, mbere gato yuko agaruka Kigali guhura n’urubyiruko mumasaha make arimbere.🇷🇼🤩 Mbibutsa ko mumasaha yatambutse perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko IShowSpeed wamamaye ku mbuga nkoranyambaga azasusurutsa abazitabira umukino wa Rayon Sports WFC na Indahangarwa WFC. Yatangarije mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 9 Mutarama 2026, cyibanda ku mikino ya FERWAFA Super Cup iteganyijwe kubera kuri Stade Amahoro, ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama. Shema Fabrice yavuze ko uyu musore ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite urugendo i Kigali, mu bikorwa biteganyijwe azakora harimo no kwitabira uyu mukino. Ati “IShowSpeed azadususurutsa, cyane cyane ko nubwo akunda umupira w’amaguru ariko harimo no guha agaciro umupira w’amaguru w’abakobwa. Ni igikorwa cyiza twashimira ababitegura barimo RDB [Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere] na Minisiteri ya Siporo.” “Mu karuhuko k’igice cya mbere afite ibyo azakora ndabibahishiye, abazaza kuri Stade Amahoro ejo bazabibona.” Nyuma y’umukino wa Rayon Sports WFC na Indahangarwa WFC, hazakurikiraho umukino w’umunsi uzahuza Rayon Sports na APR FC na zo zihanganiye Igikombe cya FERWAFA Super Cup mu bagabo. Ku wa 21 Ukuboza 2025, uyu musore w’imyaka 20 wamamaye cyane kuri YouTube na Twitch, ni bwo yatangije gahunda yise “Speed Does Africa Tour”, aho akora ‘livestreams’ ari mu bihugu bitandukanye byo kuri uyu mugabane mu minsi 28. Aho yageze hose yakururaga imbaga y’abafana, akabasangiza ubunararibonye bwe bushya kuri uyu mugabane, cyane cyane siporo zitandukanye. Ads: 🔴Ukeneye website, app cyangwa system ya business yae, ntahandi babigukorera neza kandi hizewe Atari muri CDY AGENCY, CDY Agency @cdy_agency_ baguha: a) Mentenance yumwaka kubuntu. b)ndetse na domain na hosting kubuntu mugihe cyumwaka. ⚠️Muri make ushaka ko business yae ikura online andikira CDY AGENCY kuri IG cyangwa ubavugishe kurizi numero: 📞0790147808/0729119833. ©MideliRwanda

About