@umurunga.com: Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana asobanuye ko mu gihe impinduka zo kuba ufite A1 na A0 ngo wigishe mu mashuri abanza zizaba zirimo gushyirwa mu bikorwa, abarimu bazaba basanganywe izo mpamyabushobozi bazaba upgraded bidasabye ko nabo basubira kwiga. #trending #Education #Uburezi #frypg #education
rwose ibi ntabwo byemeye kuberako mineduc ntabwo ariyo igena ingengo y'imari rero policy ya leta muri education ihora ihonduka ejo nuba utakiri Minisitiri bishobora guhinduka.
2026-08-03 18:14:09
2
DUSABIMANAMarthe :
aho birasobanutse noneho
2026-08-03 18:44:21
1
Rv wizz :
icyogihec uzaba ukiri minister?
2026-08-04 06:51:20
0
BIZIMUNGU Daniel :
Ariko minister azi neza ingengo y'imari?
2026-08-04 20:06:23
0
Petros :
cyazee rwose🥰🥰🥰
2026-08-03 17:21:24
0
NZAYITURIKI Assoumpta :
Ni saw pe
2026-08-03 15:49:18
0
Eva :
Promotion ntakizaminise?
ingengo yimali igenwa na Mineduc se?
2026-08-03 22:48:47
0
protais :
uyu munyamakuru amubajije neza kbx turasobanukiwe
2026-08-03 12:51:48
8
Umuhunguwa yesu :
ubwose A0 muzindi faculty bizagenda bite
2026-08-03 19:47:14
1
Mutuyeyezu Fidele :
KUBERIKI BATABAHEMBERA A0 BAFITE
2026-08-03 16:20:48
1
Ghost :
Ese abarimu dufite Ao mu yandi mafaculties Atari Education bizagenda gute??
2026-08-03 13:04:22
0
Claudine :
Abafite A0 mu yandi mashami natwe mutubwire icyo muzadufasha
2026-08-03 14:41:38
1
norbert :
ntacyo mwumva se ahubwo abazab bafite A2 ,bazajugunwa mubishanga
2026-08-04 04:04:11
0
user3617988533407 :
Mutubarize ese abarimu Dufite A1 mu yandi mashami muzadusha iki ?Ese muzahembera A1 mu yahe mashami? Ese nimuhembera A1 muzareba uburambe abantu bafite mu kazi.Abana bagitangira akazi bazanganya n,abarengeje imyaka 20 mu kazi .
2026-08-03 19:17:27
0
iradukundavalens35 :
Ntabwo bibaho nibura byasaba ko akora exam yiyo degree ya A1. gusa igishoboka ni iki hari abanyeshuri bize TTC bakomeza muri UR ariko basoza kwiga bakabura akazi ka degree zaba bagakorera kuri A2. nunva wenda bo byashoboka gusa ikibazo kikaba iki Ese kuba ufite urupapuro rwa A0 (degree) bivuzeko ufite urwa A1( diploma) kuko A0 itandukanye na A1 nubwo ugera kuri A0 uvuye kuri A1
2026-08-04 04:17:50
0
Ndahiro@ :
hanyuma se abantu basanzwe bafite A1 or A0 bigisha primary kucyi mutatangira kubahembera degree zabo
2026-08-03 19:55:17
0
Eugenie Ndanyuzwe :
ubuse nzaba narasoje kwiga 😂😂😂
2026-08-03 20:21:35
0
Me Alpha :
Nonese abakora muri staff Bo murabatekerezaho iki? Mwibuke ko Nabo Hari abahemberwa A2 kdi Nabo rwose barize bafite degree
2026-08-03 21:05:21
0
N.VAVA :
urabisobanuye kbx ahubwox babitangiye muri uku kwa 9
2026-08-03 19:15:03
0
Ramira Ubuzima TV :
Ikiganiro Cyose umuntu Hakibona he?
2026-08-03 17:59:59
0
Umutesi Claudine :
nukuvuga c ko abantu basanzws Ari abarimu bazaba promoting?
2026-08-03 17:44:38
0
user4726815725490 :
ikiganiro cyose wagisanga kuri Isango star tv.icyo wibazaga cyose uboneramo igisubizo
2026-08-03 21:44:56
0
TONTO :
A0 bicaye home ntakazi murabatekerezaho iki? nimukomeze gahunda y ibizamini abarihanze binjire mu kazi.
2026-08-05 15:02:43
0
To see more videos from user @umurunga.com, please go to the Tikwm
homepage.